Daily Archives: juillet 15, 2016

Ubwoko nyarwanda buri ugutatu (Guillaume Murere)

1. Hari ubwoko umuntu yumva arimo (ethnie auto-identitaire).

Ubu ni ubwoko umuntu ababyeyi cyangwa abaturanyi baba baramubwiye ko arimo, umuntu akabifata nk’ihame. Wamubaza uti: Ubwoko bwawe ni ubuhe, akagusubiza ati: ‘Ndi umuhutu’, ‘ndi umututsi’ cyangwa ‘ndi umutwa’ kandi yenda atazi n’icyo ubwo bwoko yumva arimo buvuga. Ubu bwoko umuntu yumva arimo nta kamaro kuko ntacyo buguha nta nicyo bugutwara.

Komeza usome inyandiko yose