Mu ndilimbo ye « Namaganye abantemera amababi », KIZITO MIHIGO yagize ati: « Nta muntu wasabira undi imbabazi kandi nta muntu wazitangira undi. Ni urugendo rw’umuntu n’Imana, Imana Nyilimbabazi; isengesho ryo kurokoka urwango rutsemba ubumuntu ».
![Image de prévisualisation YouTube](http://img.youtube.com/vi/_sc-2WeUp3Q/0.jpg)
Kandi mu Kinyarwanda hari n’umugani uvuga ngo: « Urusha nyina w’umwana imbabazi aba ashaka kumurya ».