Société civile nyarwanda mu nzira y’ubwigenge n’ubwiyunge nyakuri
Société civile y’abanyarwanda nakwita mu kinyarwanda « umuryango uharanira inyungu za Rubanda » (mu gihe abanyepolitiki baharanira inyungu za Leta) ukwiye kurangwa no kutabogamira ku mashyaka ya politiki ayariyo yose cyangwa ku ruhande rwa politiki urwarirwo rwose. Abagize uwo muryango bashyize hamwe nibwo bashobora kugera ku bwiyunge nyakuri, bagatsinda politiki mbi za Gatanya na Gateranya. Mu nyandiko nise : « Amashyirahamwe […]