Qu’est ce que la Justice Réparatrice?

Qu’est ce que la Justice Réparatrice? La justice réparatrice peut être définie comme une réponse systématique au délit qui renforce la guérison des lésions des victimes, des délinquants et des communautés, causés ou révélés par le délit. Les pratiques et les programmes qui reflètent les objectifs de réparation vont : Identifier et prendre les actions […]

Ubwoko nyarwanda buri ugutatu (Guillaume Murere)

1. Hari ubwoko umuntu yumva arimo (ethnie auto-identitaire) Ubu ni ubwoko umuntu ababyeyi cyangwa abaturanyi baba baramubwiye ko arimo, umuntu akabifata nk’ihame. Wamubaza uti: Ubwoko bwawe ni ubuhe, akagusubiza ati: ‘Ndi umuhutu’, ‘ndi umututsi’ cyangwa ‘ndi umutwa’ kandi yenda atazi n’icyo ubwo bwoko yumva arimo buvuga. Ubu bwoko umuntu yumva arimo nta kamaro kuko ntacyo […]

Ikiganiro: Umuryango uharanira inyungu za Rubanda mu nzira y’ubwigenge n’ubwiyunge nyakuri – MUSOMESHA Aloys

  Mu nyandiko: Ikiganiro-Umuryango uharanira inyungu za Rubanda mu nzira y’ubwigenge n’ubwiyunge nyakuri Impinduka ikorwa n’ibitekerezo bishya ! Mushaka kumenya ibitekerezo bishya ku bwiyunge nyakuri, mukande hano (murebe inyandiko ziri mu cyika cya mbere). Murabigezwaho na MUSOMESHA Aloys, umuyobozi n’umuhuza w’uyu mushinga. Musome kandi namwe musomeshe n’abandi! Kureba vidéos no kwumva umuziki ku bwiyunge nyakuri, mukande hano. Kwumva ibiganiro […]

Ikiganiro: Nitwibohore ingoyi y’ingengabitekerezo z’amoko ya politiki – Aloys Musomesha

Igice cya mbere   Igice cya kabiri     Impinduka ikorwa n’ibitekerezo bishya ! Mushaka kumenya ibitekerezo bishya ku bwiyunge nyakuri, mukande hano (murebe inyandiko ziri mu cyika cya mbere). Murabigezwaho na MUSOMESHA Aloys, umuyobozi n’umuhuza w’uyu mushinga. Musome kandi namwe musomeshe n’abandi! Kureba vidéos no kwumva umuziki ku bwiyunge nyakuri, mukande hano. Kwumva ibiganiro birebana n’ubwiyunge nyakuri, mukande hano. […]

Nitwibuke twiyubaka kandi twubaka ubumwe n’ubwiyunge mu cyubahiro

Inkuru nziza ngeza ku bashyigikiye uyu Mushinga w’Ubwiyunge Nyakuri ni uko ibitekerezo byawo byatangiye kwumvikana ku rubuga rwa politiki y’amashyaka.  Igitekerezo uyu mushinga watangaje cy’uko amashyirahamwe n’amadini ari yo akwiye gukora ibikorwa bijyanye n’ubwiyunge cyirashyigikiwe.  Mu gihe cyo KWIBUKA ku nshuro ya 22 muri uyu mwaka wa 2016, hari umunyepoliti w’umunyarwanda wanditse inyandiko avuga ko « Ibikorwa byo KWIBUKA […]