Kizito Mihigo inuma y’urukundo n’amahoro mu bantu
KIZITO Kimwe mu mateka atazibagirana ni urukundo rwarabagiranaga mu gahanga kawe; Inseko nziza yaherekezaga imbabazi zitasibaga mu mvugo zawe; Ziherekejwe n’ibikorwa ntagereranywa byo kubanisha abana b’Imana; Intego yawe ikaba kubumbatira amahoro Imana yabibye mu mutima wawe, no kuyifuriza abo musangiye igihugu . Tega ugutwi ijwi rya MIHIGO wowe wagiriwe ubuntu bwo kuba ugihumeka; Oroshya umutima […]