Turasubiza inyandiko ya Prezida w’ishyaka DEMOCRATIC ALLIANCE « Umwanya w’Ubwoko mu Mishyikirano ku Isangira ry’Ubutegetsi mu Rwanda »
Bwana Seburanga Jean Léonard Perezida w’ishyaka DEMOCRATIC ALLIANCE Nasomye inyandiko yanyu mwatangaje mu kinyamakuru The Rwandan kuwa 22/08/2018. Iyo nyandiko yitwa: Umwanya w’Ubwoko mu Mishyikirano ku Isangira ry’Ubutegetsi mu Rwanda (draft 1). http://www.therwandan.com/ki/umwanya-wubwoko-mu-mishyikirano-ku-isangira-ryubutegetsi-mu-rwanda-draft-1/ Nifuje kubagezaho ibitekerezo byanjye ku byerekeranye n’uyu mushinga wanyu. Ntabwo ariko mbivuga byose hano kuko mushobora kubisoma mu nyandiko zinyuranye no kubyumva […]