IMPURUZA Y’IMPINDURAMATWARWA « GACANZIGO »
«Ahazaza h’ishyanga ntihashobora kubakirwa hejuru y’ubuyobe cyangwa ubuhakanyi bw’amateka yaryo». Verdier 1995:2 UMWINJIRO Hashize imyaka itari micye u Rwanda ruhanganye n’ibibazo by’ingutu cyane cyane ibishingiye ku miyoborere yarwo. Muri ibyo bibazo, hagerageje gushakwa ibisubizo ariko aho kuboneka igisubizo kirambye ku kibazo nyirizina u Rwanda rwahuye nacyo, amateka atwereka ko habayeho gukomeza kwivuruguta mu kangaratete, katumye […]