Nitwibuke twiyubaka kandi twubaka ubumwe n’ubwiyunge mu cyubahiro
Inkuru nziza ngeza ku bashyigikiye uyu Mushinga w’Ubwiyunge Nyakuri ni uko ibitekerezo byawo byatangiye kwumvikana ku rubuga rwa politiki y’amashyaka. Igitekerezo uyu mushinga watangaje cy’uko amashyirahamwe n’amadini ari yo akwiye gukora ibikorwa bijyanye n’ubwiyunge cyirashyigikiwe. Mu gihe cyo KWIBUKA ku nshuro ya 22 muri uyu mwaka wa 2016, hari umunyepoliti w’umunyarwanda wanditse inyandiko avuga ko « Ibikorwa byo KWIBUKA […]